Umuraperi w’umunyamerika Jay Z ni umwe mu bantu bakomeye kandi biyubatse bikomeye, bihurirana no gushaka umugore ukunzwe cyane kandi w’ikirangirire mu muziki, Beyonce. Hashize amasaha macye hasohotse indirimbo bahuriyemo yitwa ‘MOOD 4 EVA’ aho Beyonce yaririmbye ko umugabo we ashobora kuba akomoka mu Rwanda.

http://inyarwanda.com/inkuru/91203/jay-z-yaba-akomoka-mu-rwanda-byakomojweho-mu-ndirimbo-nshya-ahuriyemo-numugore-we-beyonce–91203.html